 |
Muhanga : Nta rwibutso rwa jenoside akarere gafite
Ikibazo cyo kutagira urwibutso bwa jenoside mu rwego rwo kubungabunga no gufata neza imibiri y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 mu Karere ka Muhanga kiri mu bibazo bikomeye akarere gafite. Soma
|
Uretse minerivari ababyeyi bagombye guhangayikishwa n’aho abana babo banyura
Mu gihe ababyeyi baba bahangayikishijwe no kubona amafaranga yo kwishyurira abana babo baba mu mashuri yisumbuye, abenshi bakanaba biga kure y’ababyeyi, byamaze kugaragara ko badahitirayo. Soma |
Abana barasaba ko komite zibahagarariye zahabwa agaciro n’inzego z’ibanze
Bisabwe na Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, ubu hashyizweho komite kuva ku rwego rw’imidugudu kugera ku rwego rw’Akarere zihagarariye abana. Soma
|
 |
Igiti gitewe ni nk’umwana-Kamanzi
Ku wa kane tariki ya 13 Kanama mu Karere ka Rubavu hateraniye inama y’iminsi ibiri yigaga ku mbanzirizamushinga w’itegeko rigena imicungire n’imikoreshereze y’amashyamba ku buryo burambye mu Rwanda.Soma |
 |
ADRA-Rwanda yafashije mu guteza imbere uburezi kuri bose mu Karare ka Nyagatare
ADRA-Rwanda yizihije umunsi mukuru wahariwe uburezi bw’urubyiruko rwacikishirije amashuri hagati rukaba rwarafashijwe n’uwo muryango kongera gusubira mu mashuri abanza. Soma |
Umubyeyi niwe fatizo ku burere bw’umwana ku birebana n’imibonano mpuzabitsina
Nshuti basomyi bacu, ubushize twasubitse ikiganiro cyacu ariko tutagishoje. None nagira ngo dusubukure aho twasubikiye ubushize, kandi n’ubundi abatuboneye izuba basize bavuze ko amagambo aryoha asubiwemo.Soma |
 |
Abagize amakoperative mu rugamba rwo kurengera ibidukikije
Abanyamuryango b’amakoperative anyuranye yo mu Murenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga ho mu Ntara y’Amajyepfo bafashe ingamba zo kurengera ibidukikije nyuma y’amahugurwa y’umunsi umwe bahawe n’imiryango ya ACD, FHI na ATEDEC.Soma
|
MININFOR yasabye urubyiruko kuba umusemburo mu by’umuco wo gusoma
Umuyobozi muri Minisiteri ifite itangazamakuru mu nshingano zayo, Kabagambe Ignatius yasabye abagize inzego z’urubyiruko kuba umusemburo w’abandi Banyarwanda, baba abo mu Mujyi n’abaturiye icyaro kugira ngo Abanyarwanda bagarukire umuco wo gusoma muri bo wari waratakaye.Soma
|
|