Abaganga bahawe impamyabushobozi Intego ni ukugira umuganga 1 ku barwayi 10.000
04-02-2012
Mu rwego rwo kuzamura ireme ry’ubuvuzi mu Rwanda, kuri uyu wa gatandatu, Ikigo cy’igihugu cyita ku buzima (Rwanda Biomedical Center) ku bufatanye na minisitere y’ubuzima batanze impamyabushobozi ku baganga 39 bazakwirakwizwa mu gihugu hose. Abo baganga 39 bahawe impamyabushobozi, bari bamaze umwaka mu bitaro bitandukanye batozwa kuvura abarwayi. Ku rwego bari bariho ntibari bemerewe kwitwa abaganga bakuru bemewe n’amategeko y’u Rwanda ku rwego rwo kuba bayobora ibitaro. Minisitiri w’ubuzima Agnes Binagwaho watanze izo mpamyabushobozi yatangaje ko iyo ministeri yihaye intego...Soma
Incamake y'amakuru
04-02-2012: ITORERO RYATANGIJWE KU MUDUGUDU
03-02-2012: Abafite Imyaka Hagati Ya 15 Na 27 Bibasirwa N'ihungabana Mu Gihe Cyo Kwibuka Genocide Yakorewe Abatutsi
02-02-2012: Uruzinduko Rutunguranye Rwa Ministre W'intebe Muri FARG Rushobora Guhindura Imikorere Yaho
02-02-2012: Presida Paul Kagame Yunamiye Intwari Z\'u Rwanda


