O
R
I
N
F
O
R
Rwanda Bureau of Information and Broadcasting
      

 

Guverinoma yu Rwanda igiye gushyira imbaraga mu bikorwa by\'ubuhinzi no gukwirakwiza amashanyarazi

The video content presented here requires JavaScript to be enabled and the latest version of the Adobe Flash Player. If you are using a browser with JavaScript disabled please enable it now. Otherwise, please update your version of the free Adobe Flash Player by downloading here.

Usibye ibyo guverinoma, yagezeho Ministiri w'intebe yagejeje ku banyarwanda ibyo guverinoma izashyiramo imbaraga mu myaka itatu iri imbere, harimo imigendekere myiza y'igihembwe cy'ubuhinzi, ubuso, inyongeramusaruro, n'imbuto, kuvugurura ubucukuzi n'imicungire y'amabuye y'agaciro, kongera umuriro w'amashanyarazi, no gushyira kuri buri mihanda yubakwa amatara, imitangire ya serivisi, kwegereza abaturage ikoranabuhanga kugirango barusheho kurikoresha mu kwiteza imbere, kwihutisha imanza no kurangiza izaciwe, kuzamura urwego rw'imicungire myiza y'umutungo wa leta no gukurikirana abanyereje uyu mutungo, no gutegura inama y'igihugu y'umushyikirano.
Ibitekerezo

    Igitekerezo cyawe kuri iyi nkuru