 |
Umutungo wa bimwe mu bihugu by’Afurika ntacyo ubimariye
N’ubwo ubukene bukomeza kuba akarande muri Afurika, umutungo kamere wo urahari cyane. Ibihugu birangwamo abana benshi bagaragaza imirire mibi usanga bifite amazahabu, za diyama, peterori n’undi mutungo kamere.Soma |
 |
Imurikagurisha mpuzamahanga risigiye abaryitabiriye isomo ryo kwakira neza ababagana
Kwakira neza abakugana ni umuco wahoze kuva na kera uranga Abanyarwanda, bikaba byaba byiza no muri iki gihe Abanyarwanda bawukomeje nk’uko bawusigiwe n’abakurambere, bityo buri wese ukugana akakirwa neza, agahabwa serivisi nziza kandi yihuse.Soma
|
 |
U Rwanda rurashimirwa intambwe mu ikoranabuhanga
Uhagarariye ikigo cya Suwede gitsura amajyambere (SIDA) mu magambo ahinnye y’icyongereza, Bwana Richard Bomboma aratangaza ko bishimiye intambwe u Rwanda rugenda rutera mu kubaka ikoranabuhanga mu nzego zitandukanye. Soma
|
Muri “Army Week” abaturage bo mu murenge wa kiyombe bagabiwe inka 100
muyobozi w’ingabo mu Ntara y’Iburasirazuba no mu Mujyi wa Kigali Gen Fred IBINGIRA yasobanuye ko uretse ibikorwa bindi byakozwe mu cyumweru cy’ingabo (Army Week) birimo ubuvuzi, kubaka ibikorwa remezo, kubakira abatishoboye, kuvugurura ibikorwa by’ubuhinzi n’ibindi. .Soma
|
|