Imvaho Nshya N0 1913, Tariki ya 17 - 19 kanama 2009 Archives

Home Imvaho Amakuru Iryibanze Ubukungu Ubuzima Uburezi Imyidagaduro Umuco Mu Ntara Imikino

Umutungo wa bimwe mu bihugu by’Afurika ntacyo ubimariye

N’ubwo ubukene bukomeza kuba akarande muri Afurika, umutungo kamere wo urahari cyane. Ibihugu birangwamo abana benshi bagaragaza imirire mibi usanga bifite amazahabu, za diyama, peterori n’undi mutungo kamere.Soma

Imurikagurisha mpuzamahanga risigiye abaryitabiriye isomo ryo kwakira neza ababagana   

 Kwakira neza abakugana ni umuco wahoze  kuva na kera uranga Abanyarwanda, bikaba byaba byiza no muri iki gihe Abanyarwanda bawukomeje nk’uko bawusigiwe n’abakurambere, bityo buri wese ukugana akakirwa neza, agahabwa serivisi nziza kandi yihuse.Soma


U Rwanda rurashimirwa intambwe mu ikoranabuhanga

Uhagarariye ikigo cya Suwede gitsura amajyambere (SIDA) mu magambo ahinnye y’icyongereza, Bwana Richard Bomboma aratangaza ko bishimiye intambwe u Rwanda rugenda rutera mu kubaka ikoranabuhanga mu nzego zitandukanye. Soma


Muri “Army Week” abaturage bo mu murenge wa kiyombe bagabiwe  inka 100

muyobozi w’ingabo mu Ntara y’Iburasirazuba no mu Mujyi wa Kigali Gen Fred IBINGIRA yasobanuye ko  uretse ibikorwa bindi byakozwe mu cyumweru cy’ingabo (Army Week) birimo ubuvuzi, kubaka ibikorwa remezo, kubakira abatishoboye, kuvugurura ibikorwa by’ubuhinzi n’ibindi. .Soma

Orinfor@Copyright 2009 E-mail: info@orinfor.gov.rw